Abanyarwanda baracyanyita Perezida kuko ari bo bafata umwanzuro wa nyuma-Kagame i Dubai

Perezida Paul Kagame uri i Dubai mu nama mpuzamahanga yiga ku Ishoramari rya Africa (Africa Global Business Forum) yatanze ikiganiro yagaragarijemo ishusho ya Demokarasi, avuga ko abaturage b’u Rwanda bakimwita Perezida kuko ari bo baba bafite ububasha bwo gufata umwanzuro wa nyuma. Perezida Kagame wibanze ku cyatuma Africa itahiriza umugozi umwe ikagera ku ntego zayo, […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2zbzDjI

No comments:

Post a Comment