Savio Nshuti yanze kubagwa kubera ikipe yo mu Bubiligi imushaka

Savio Nshuti yanze kubangwa imvune y'akaboko kubera ikipe y'i Burayi imushakaFERWAFA yari yemeje ko muri uku kwezi Nshuti Dominique Savio na Rwatubyaye Abdul bajya kubagwa muri Maroc. Ariko Savio we yafashe umwanzuro wo kutajya yo kuko abazwe yamara igihe hanze y’ikibuga kandi afite amahirwe yo gusinya amasezerano muri Koninklijke Racing Club Genk yo mu Bubiligi muri Mutarama 2018. Imyaka itatu irashize mu Rwanda hamenyekanye impano […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2g2D6a8

No comments:

Post a Comment