Hon. Mukama ngo ibyo PAC yita amakosa bigomba kwitwa ubujura

Hagarutswe cyane ku makosa yakozwe n’Ikigo k’igihugu gishizwe gukwirakwiza amashanyarazi, EUCL yo kugura cash power y’ibihumbi 60, ikagurwa miliyoni eshatu ngo si amakosa ni ubujura. Kuri uyu wa kabiri komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’imari ya Leta mu nteko, (Public Account Committee, PAC) yamurikiye inteko rusange isesengura yakoze kuri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta. PAC […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z1j8Vo

No comments:

Post a Comment