Uburezi bushyirwemo ingufu ariko abanenga ireme ry’uburezi barakabya – Prof Karambizi

*Abanenga uburezi bwo mu Rwanda bavuga ko barangiza ntacyo bazi ngo barakabya cyane, *Ngo kaminuza yonyine ntiyakemura ikibazo k’ireme ry’uburezi kuko ngo bipfira hasi. Abadepite bo muri Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu gutegura ingendo zigamije kuzajya kugenzura umusaruro urimo gutangwa no kuba kaminuza zarahujwe n’uburyo zirimo gukora, kuri uyu wa kabiri bagiranye ibiganiro na […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2ihXB2U

No comments:

Post a Comment