Tugiye gushyiraho Inteko y’abaturage-Raila Odinga

Mu ijambo rya mbere abwiye abamushyigikiye nyuma y’uko Komisiyo y’amatora muri Kenya itangaje ibyayavuyemo ikemeza ko Kenyatta ariwe watowe nka Perezida wa Kenya, Raila Odinga yavuze ko bazakomeza kwereka amahanga ko ubutegetsi bwa Kenyatta bwafashe ubutegetsi bidakurikije amategeko. Ngo azashinga Inteko y’abaturage yo kwiga ku bitagenda neza hanyuma bigashyirwa mu bikorwa na National Resistance Movement. […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z8Gbj4

No comments:

Post a Comment