Umuyobozi wa AMIR uregwa gusambanya umukobwa ku gahato yagejejwe imbere y' urukiko

Urukiko rw'ibanze rwa Bwishyura mu karere ka Karongi rwaburanishije ifungwa n' ifungurwa ry' agateganyo Rwema John Peter Umuyobozi w' impuzamashyirahamwe y' ibigo by' imari iciriritse mu Rwanda AMIR.
Ku isaha ya saa mbili, kuri uyu wa Kabili tariki 31 Ukwakira 2017 nibwo uyu muyobozi ushinjwa kuba yarasambanyije umukobwa w' imyaka 28 mu ijoro ryo rya tariki 16 bucya ari 17 Ukwakira yagejejwe imbere urukiko.
Nk' Umuseke wabitangaje uregwa yagaragaye ku rukiko ubona adafite umususu yambaye (...)

- Ubutabera / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2ygVxTH
via IFTTT

No comments:

Post a Comment