Buri mwaka, hari abantu bo mu bihugu bitandukanye ku isi bahabwa amahirwe yo kujya gutura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nawe ushobora kuba umwe muri bo kandi hari abantu b'inzobere babigufashamo ukabigeraho byoroshye.
Dore impamvu 10 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka utaha wa 2019:
1. Dufite experience mu bijyanye no gufotora no kuzuza form za green card
2. Dufite abantu twagiye dukorera bagahitwamo , ubu bakaba bari USA , abandi bakaba bari mu myiteguro
3. Dushobora kukuzuriza no mu masaha ya nijoro aho bivugwa ko bitanga amahirwe menshi.
4. Tukuzuriza ariko wujuje ibisabwa , iyo utabyujuje turagusobanurira ibisabwa.
5. Tuzi kandi tuba twarasomye page 18 zamabwiriza tukayakurikiza
6. Muri weekend family tuzisanga mu rugo iyo igizwe n'abantu 5 kuzamura
7. Igiciro cya gishyize mu gaciro gikubiyemo ifoto no kukuzuriza
8. Tuguha amakuru wakenera yose ajyanye na green card, ibijyanye na interview iyo baguhise , uko ubaho ugeze USA.
9. Ku bantu benshi barenze 5 tubaha ubwasisi[ubwasisi]
10. TUGUHA IKIRENZE KUGUFOTORA NO KUKUZURIZA
IYI Service tuyishuza 3,500RWF ku muntu 1.
Zirikana ko mu irushanwa uba ugomba gukora ibishoboka byose maze ukaba waritsinda. Byaba bibabaje uvuye mu bapiganwa bitewe n'amakosa mato aciriritse, nk'uburemere bw'ifoto, ingano yayo, kutita ku bindi byavuzwe mu mabwiriza ari kuri page 18. Kwiyandikisha byatangiye tariki 18/10/2017 bizageza tariki 22/11/2017 saa 18h00 ku isaha y'i Kigali.
Guhera ubu mwadusanga muri Beatitude House, etage ya 2, NO 13, iri hagati ya Hotel Impala na Hotel Okapi , ni inzu y'ubururu.
Tel :0783515900 /0728703370 /0733515900
from UKWEZI.COM http://ift.tt/2lCr4tr
via IFTTT
No comments:
Post a Comment