Ubumenyi umuntu yigiye mu kazi azajya abuherwa inyemezabumenyi

Olivier Rwamukwaya avuga ko ubumenyi atari ubutangirwa mu ishuri gusa*Abatangiza amashuri yigenga bagomba kwibanda ku nyigisho zikenewe, *Depite Barikana ati “Ko ubumenyi buri guhuzwa n’isoko, mu bya buruse ho bite?” Mu mushinga w’Itegeko rigena imitunganyirize y’Uburezi harimo ingingo nshya iha agaciro uburezi umuntu yungukira ahandi (informal education) nko mu kazi cyangwa ahandi hose umuntu yavoma ubumenyi ku buryo uwagaragaje ubunararibonye mu kiciro runaka yajya […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2AdPwY1

No comments:

Post a Comment