
Ikigega mpuzamahanga cy’Imari (IMF) kiri mu mu Rwanda aho cyaje kuganira n’inzego za Guverinoma zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubukungu cyatangaje ko kubera ibibazo binyuranye byahungabanyije ubukungu bw’u Rwanda, igipimo cy’izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda gishobora kumanuka kikaba 5,2 aho kuba 6,2 cyari kitezwe. Umuyobozi w’itsinda rya IMF riri mu Rwanda Laure Redifer yavuze ko iri manuka […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2h4Iq0z
No comments:
Post a Comment