Inka zigiye kujya zishyurirwa ubwishingizi…Aborozi ntibazongera kwimwa inguzanyo

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ivuga ko hagiye gushyirwaho gahunda yo kwishyurira ubwishingizi amatungo by’umwihariko Inka. Aborozi bakavuga ko ibi bizakemura ikibazo cyo kwimwa inguzanyo kuko Banki zitemeraga ingwate z’Inka zidafite ubwishingizi. Ubuhinzi n’ubworozi byihariye 70% by’imirimo ikorwa mu Rwanda. Nta gihe kinini gishize hashyizweho ubwishingizi bw’ubuhinzi n’ubwo butaritabirwa na benshi. Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi iratangaza ko aborozi […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2ylDkEj

No comments:

Post a Comment