Abize muri UR bagiye gusabwa kuyifasha kubaho

Nyuma y' uko ingengo y' imari Leta igenera Kaminuza y' u Rwanda , UR igabanyutse kugera kuri 50%, iyi kaminuza igiye gutangiza ubukangurambaga kugira ngo abantu bose bayizemo babashe kuyitera inkunga ibashe kugera ku nshingano zayo.
Ingengo y' imari ya Kaminuza y' u Rwanda yavuye kuri miliyari 26 mu mwaka wa 2013 igera kuri miliyari 13 mu mwaka w'ingengo y'imari ya 2015-2016.
Dr Rose Gasibirege, Umuyobozi ushinzwe guhuza Kaminuza y'u Rwanda n'abayizemo avuga ko kugeza ubu babarura abantu bagera (...)

- Uburezi

from Umuryango.rw http://ift.tt/2yc3dXr
via IFTTT

No comments:

Post a Comment