Mu magambo ateye agahinda Robert Mugabe yasangije AU ubuzima abayemo

Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe yatangaje ko umugore we Grace Mugabe ahora mu marira adashira yongeraho ko nawe aho ari adatekanye.
Yavuze ko uyu wahoze ari umugore wa Perezida kuri ubu atotezwa n' ubutegetsi bwasimbuye ubw' umugabo we (ubwa Mnangagwa).
Robert Mugabo mu ntangiriro z' iki Cyumweru yahamagaye umuyobozi w' umuryango w' ubumwe bw' Afurika Moussa Faki Mahamat amubwira ko adatekanye nk' uko Moussa Faki Mahamat yabibwiwe.
Yagize ati “Barakubwiye ngo ndatekanye, (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GJMYQQ
via IFTTT

No comments:

Post a Comment