RDF yongereye igihe cyo kwiyandikisha inatangaza gahunda y'ibizamini

Ubuyobozi bw'ingabo z'u Rwanda (RDF) buramenyesha abasore n'inkumi bashaka kwiyandikisha mu gisirikare ko bongerewe igihe kugeza ku wa 03 Werurwe,2018 aho kuba ku wa 26 Gashyantare,2018 nk'uko byari byatangajwe mu itangazo ryabanje.
Ku rubaga rwa Minisiteri y'ingabo z'u Rwanda, bagize bati “Kwiyandikisha kubashaka kwinjira mu ngabo z'u Rwanda birakomeza kugera ku ya 03/03/2018 kugira ngo bihuzwe n'itangwa ry'impamyabumenyi z'umwaka wa 6 (S6)”.
Abashya bifuza kwinjira mu ngabo z'u Rwanda, (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FzR3I9
via IFTTT

No comments:

Post a Comment