Barifuza ko irimbi rusange riri inyuma y' ibiro by' Akarere ka Muhanga ryimurwa

Itegeko rigena imitunganyirize n'imikoreshereze y' amarimbi mu Rwanda riha inama njyanama y'akarere ububasha bwo kwimura cyangwa se gufunga irimbi.
Ibi ni na byo byatumye iriherereye munsi y' ibiro by' akarere ka Muhanga rimaze igihe kinini ridashyingurwamo.
Kuba iri rimbi ritagishyingurwamo byatumye rinameramo ibihuru byinshi, abarituriye ndetse n' abakunze kuricaho bakaba bavuga ko mu masaha ya nimugoroba hakunze kuba hari urubyiruko ruhanywera ibiyobyabwenge rimwe na rimwe rukabambura ibyo (...)

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GQcqo4
via IFTTT

No comments:

Post a Comment