Icyamamare muri sinema cyatutse Trump kiramwandagaza

Icyamamare mu gukina filimi Samuel L Jackson cyatutse bikomeye perezeda w'Amerika Donald Trump kubera ubutumwa aherutse gushyira kuri Tweeter ye avuga ko abarimu bo muri iki gihugu bakagombye guhabwa imbunda mu gihe bari ku ishuli kugira ngo bazabashe kurinda abanyeshuli igihe habaye igitero cy'ubwihebe.
Ibi Trump yabitangaje nyuma y'aho umusore w'imyaka 19 Nikolas Cruz ateye ikigo cy'amashuli cya Marjory Stoneman Douglas High School cy'ahitwa Parkland muri Leta ya Florida ku I taliki ya 14 (...)

- Mu mahanga

from Umuryango.rw http://ift.tt/2CinTOS
via IFTTT

No comments:

Post a Comment