Igitsina gifatwa mu buryo butandukanye mu moko atandukanye ku isi kuko usanga hamwe bagikoreraho imihango runaka abandi babona nk'itangaje cyangwa iteye ubwoba.
Muri rusange mu Rwanda kirubahwa ndetse n'ibigiherereyeho bikunze kugirwa ibanga n'ubwo naho hatabuze imihango igikorerwaho cyangwa yagikorerwagaho hambere urugero nko “gukuna” Ibi biroroheje ndetse ntibinatangaje cyane ugereranyije n'andi moko atandukanye ku isi UMURYANGO ugiye kukubwira akorera ku gitsina imihango wenda utigeze (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2Feu3yd
via IFTTT
No comments:
Post a Comment