Abakozi b'umuryango wa Oxfam w'abongereza wafashaga abanya Haiti bashegeshwe n'umutingito wazahaje iki gihugu mu mwaka wa 2010, bakoreye ibya mfura mbi abaturage ubwo bahaga imfashanyo abakobwa n'abagore ari uko babanje kubasambanya ndetse bamwe basabaga amafaranga. Nkuko byemejwe n'ubuyobozi bw'uyu muryango waterwaga inkunga na Meghan Markle ugiye gushyingiranwa n'igikomangoma Prince Harry cyo mu Bwongereza mu kwezi kwa Gatanu,abakozi bawo basambanyije abakobwa benshi kugira ngo babahe (...)
- Mu mahangafrom Umuryango.rw http://ift.tt/2BF3UsM
via IFTTT
No comments:
Post a Comment