Minisitiri w' Intebe w' u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga amategeko uko umusaruro w' ubuhinzi uhagaze n' ingamba guverinoma ifite mu guteza imbere ubuhinzi n' ubworozi mu myaka iri imbere yavuze ko umusaruro w' ubuhinzi umwaka ushize wa 2017 wiyongereho 7% mugihe mu mwaka wa 2016 wari wiyongereho 4% anagaragaza ingamba guverinoma ifite ngo uyu musaruro uzakomeze kwiyongerera anavuga Umubare w' Abanyarwanda batunzwe n' ubuhinzi.
Minisitiri w' intebe yavuze ko muri (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2InsDBO
via IFTTT
No comments:
Post a Comment