Ku rutonde Rw'Ibyamamare 10 by'ibihe Byose Byabayeho Kuva Isi Yatangira,Yesu ari ku mwanya wa mbere Muhammad ku wa kane[AMAFOTO]

Uko imyaka ihita indi igataha niko isi yunguka intwari abenshi ndetse bagasigara bibukirwa ku ruhare mu kubaka ibihugu bakomokamo hakaba n'abasigara bavumirwa kugahera bati”puuuuuu!
Kaminuza ya Harvard ni kaminuza yamamaye cyane , bitewe n'impuguke isohora buri mwaka cyane cyane, mu bijyanye n'ubumenyi n'ikoranabuhanga.Iyi kamunuza iherereye muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika nyuma y'igihe kinini hatangijwemo ubushakashatsi, bwo gutora umuntu ufatwa nk'icyamamare cy'ibihe byose kuva isi yaremwa. (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HnbGvg
via IFTTT

No comments:

Post a Comment