Ibyagizwe amabanga hagati ya Queen Cha na Bad Rama byamenyekanye

Bad Ram yatangaje ko Queen Cha yiyogereye kuri Marina na Safi babarizwa muri The Mane.
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi ku izina ry'ubuhanzi rya Queen Cha yamaze kwiyongera ku bahanzi barimo gufashwa na The Mane nyuma y' igihe gito hahwihwiswa amakuru avugako afashwa na The Mane gusa umuyobozi mukuru agahakana amakuru avugako ari inshuti yabo ntamasezerano bafitanye.
Kugica munsi cyo kuriki cyumweru nibwo umuyobozi mukuru wa Tha Mane Bad Rama yatangaje ko Queen Cha yingongereye ku (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2IkLLjN
via IFTTT

No comments:

Post a Comment