Haruna Niyonzima n'umuvandimwe we Muhadjili bagize ibyago[AMAFOTO]

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mata 2018 ni bwo hasakaye inkuru y'akababaro ibika Twizerimana Hawa Sumaya wari mushiki wa Hakizimana Muhadjili na Haruna Niyonzima bombi bakinira ikipe y'igihugu Amavubi.
APR FC n'abakinnyi bayo bihanganishije Muhadjiri n'umuryango we kuba yabuze mushiki we. Haruna Niyonzima ukinira ikipe ya Simba SC yo muri Tanzaniya nawe yavuze ko yamenye inkuru y'urupfu rwa mushiki we ndetse ko yanamaze gusaba uruhushya , kuri ubu arimo kwitegura kuza mu Rwanda (...)

- Imikino

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HqVAAH
via IFTTT

No comments:

Post a Comment