Mu nkuru yatangajwe n'ikinyamakuru umuryango.rw ku wa mbere tariki ya 02 Mata 2018 igira iti “Ladislas NGENDAHIMANA yasimbuye Egide RUGAMBA ku buyobozi bwa RALGA”, hari aho umwanditsi ahamya ko ngo “Hashize iminsi RALGA ihagaritswe gutanga ibizamini mu nzego z'ibanze …” ngo kubera impamvu zinyuranye uwanditse inkuru yarondoye.
Umwanditsi w'inkuru asoza ahamya ko ngo “Mu mwiherero w'abayobozi mu nzego z'ibanze n'Umujyi wa Kigali, hanzuwe ko uturere tuzajya twitangira akazi ku bakozi gakeneye”. (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2Jb1p2F
via IFTTT
No comments:
Post a Comment