Bizimana Djihad agiye guca agahigo ko kuba umukinnyi uguzwe amafaranga menshi mu Rwanda

Umukinnyi Bizimana Djihad wakinaga hagati mu ikipe ya APR FC yamaze gutsinda igeragezwa yari amaze iminsi akora mu ikipe ya Waasland Beveren yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi ,aho bivugwa ko aza gutangwaho arenga ibihumbi 120 by'amayero.

- Imikino

from Umuryango.rw https://ift.tt/2vObv6Y
via IFTTT

No comments:

Post a Comment