I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry' igorofa

Karembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n' utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa bitandukanye by' iterambere birimo imihanda n' inyubako zitanukanye kandi zigezweho.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera no kunoza imiturire mu karere ka Kicukiro, umushoramari witwa Gahakwa arimo kubaka amazu agezweho mu murenge wa Gahanga arinaho akarere karimo kubaka ishuri ribanza rya (...)

- Ubukungu

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rNuIDH
via IFTTT

No comments:

Post a Comment