FIFA yarahiriye gukemura ikibazo cya Rwemarika wareze akanama gashinzwe amatora y'umuyobozi wa FERWAFA

Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n'imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA izananirwa gukemura ikibazo cye. Amatora yo gushyiraho umuyobozi wa FERWAFA mushya yabaye tariki ya 30 Ukuboza 2017, yabimburiwe no kuvanamo kandidatire kwa Nzamwita Vincent De Gaulle wagombaga guhatana na Rwemarika, watangaje ko adashaka kwiyamamaza kubera impamvu ze bwite bituma abari bamushigikiye (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GAihyA
via IFTTT

No comments:

Post a Comment