Sekamana ari mu mazi abira nyuma yo gutuka umutoza Jimmy Mulisa

Umukinnyi Sekamana Maxime w'ikipe ya APR FC ashobora kuba ari mu bihano bikarishye nyuma yo gutuka umutoza Jimmy Mulisa ubwo yari amukosoye ku ikosa yakoze ku mukino iyi kipe yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2.
Sekamana Maxime ukina asatira, yagaragaye abwira nabi umutoza we Jimmy Mulisa ubwo yari amutonganyirije ku ikosa yakoreye hafi y'urubuga rw'amahina rikavamo igitego cya kabiri cya AS Kigali cyatsinzwe na Ndayisenga Fuadi kuri Coup franc.
Sekamana ntari mu bakinnyi bari kwitegura (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BI0jX2
via IFTTT

No comments:

Post a Comment