Davido yihenuye ku bandi bahanzi ngo anyuzamo akavugana n'abaperezida 13

Davido wo mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko afite nimero z'abaperezida 13 bari ku migabane itandukanye igize isi, ngo bajya baganira iby'ubuzima bwe ndetse n'umuziki yatangiye gukora akiri ku ntebe y'ishuri. Yavutse yitwa Adedeji Adeleke kubera ubuzima yiyita Davido.Mu m''amabyiruka ye yabanje kwangirwa na se gukora umuziki bitewe n'uko yari akiri ku ntebe y'ishuri ariko ngo ubwo yakoraga indirimbo ‘Back Then' Ise umubyara yatangiye kujya amuvuga ari mu bandi bagabo.
Davido atangaza kandi ko (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GzX4EX
via IFTTT

No comments:

Post a Comment