U Rwanda mu bihugu 23 byatashye isoko ry' ubwikorezi bwo mu kirere

U Rwanda n' ibihugu 23 byo muri Afurika ubwo bari mu nama y'Umuryango w'Afurika Yunze Ubumwe (AU) yabereye i Addis Ababa, ibihugu 23 bya Afurika byatangije isoko rihuriweho mu gutwara abantu n'ibintu mu ndege (Single African Air Transport Market), ryitezweho gufungurirana amarembo mu bijyanye n'ubwikorezi bwo mu kirere, kugabanya ibiciro by'ingendo no guteza imbere ubuhahirane hagati y'abatuye uyu mugabane.
Iyi gahunda yari imaze imyaka itatu yaremejwe ariko itarashyirwa mu bikorwa, ije gukuraho (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FrCmpg
via IFTTT

No comments:

Post a Comment