Manzi Thierry yavuze ko nta kipe yo hanze baravugana

Myugariro Manzi Thierry ukinira ikipe y'igihugu Amavubi na Rayon Sports yanyomoje amakuru yavugaga ko ari gushakwa n'amakipe menshi yo hanze y'u Rwanda nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya CHAN nubwo basezerewe mu matsinda.
Uyu musore yavuze ko nta kipe n'imwe baravugana gusa amakuru agera ku Umuryango ni uko yabonye abamushakira ikipe barimo uwahoze akinira Senegal witwa Fadiga.
Yagize ati “ibyo sinzi aho ababivuga babikura kuko nta kipe iranyegera cyangwa ngo yegere ushinzwe kunshakira ikipe (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DMbShO
via IFTTT

No comments:

Post a Comment