Perezida wa Leta Zunze ubumwe z' Amerika Donald Trump yatangaje ko guhura na Perezida wa Repubulika y' u Rwanda Paul Kagame byari iby' igiciro.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2018 nibwo aba bakuru b' ibihugu byombi bahuye ndetse banagirana ibiganiro.
Nyuma y' ibi biganiro Perezida Trump yanditse kuri konti afite ku rubuga rwa Twitter ati “Byari iby' agaciro guhura na Perezida wa Repubulika y' u Rwanda I Davos, Switzerland. Twaganiriye byinshi byiza”
Muri iki kiganiro (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2rJUIzK
via IFTTT
No comments:
Post a Comment