Itangazo: SIBOMANA SAFARI Athanase yasabye guhindura amazina akitwa NDUTIYE Safari

Uwitwa SIBOMANA SAFARI Athanase yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n'amategeko akitwa NDUTIYE Safari.
Ingingo z'ingenzi ashingiraho asaba guhindura amazina akaba ari izi zikurikira:

- Kwamamaza

from Umuryango.rw https://ift.tt/2Jxz6dZ
via IFTTT

Kim Jong-Un Yageze muri Koreya y'Epfo bwa Mbere

Abayobozi ba Koreya zombi banditse amateka barenga bwa mbere mu myaka 60 umurongo ugabanya ibihugu byabo byombi. Kim Jong-Un ni we muyobozi w’ikirenga wa Koreya ya Ruguru wa mbere urenze umupaka. Yakiriye na perezida Moon Jae-in wari umutegereje ku rundi ruhande rw’umurongo, ahagaze ku butaka bw’igihugu cye Koreya y’Epfo, mu mudugudu wa Panmunjom, aho amasezerano yo guhagarika imirwano yashyiriweho umukono mu 1953. Bahanye umukono bombi bamwenyura. Maze perezida wa Koreya y'Epfo nawe aratambuka, arenga umurongo ugabanya ibihugu byabo.  Kim Jong-Un yavuze ko yishimye cyane. Arongera, ati: “Ariko kuki twatinze bigeze aha?” Umuyobozi w’ikirenga wa Koreya ya Ruguru yavuze ngo “yagize ikiniga cyane.” Abategetsi bombi bagiranye ibiganiro byashojwe n’itangazo rusange. Muri iyi nyandiko, umuyobozi w’ikirenga wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-Un, na perezida wa Koreya y’Epfo, Moon Jae-in, bavuga ko biyemeje gukuraho intwaro zose za kirimbuzi mu kigobe cya Koreya cyose. Bavuga kandi ko biyemeje gushyira mu bikorwa n’andi matangazo n’amasezerano yose yabayeho kugeza ubu hagati ya Koreya zombi.

from Voice of America https://ift.tt/2Hx97Xy
via IFTTT

Ibanga ry'uburyo Diamond yahawe ikiraka cyo kuririmba mu gikombe cy'isi ryatahuwe

Nk'uko bisanzwe nyuma y'imyaka ine haba igikombe cy'isi,buri nshuro uko igikombe cy'isi cyitabiriwe usanga abahanzi batandukanye bahabwa akazi benshi bita ikiraka kuko karangira mu gihe kito.Umuhanzi Jason Derulo niwe wahawe ipiganwa ryo gukora indirimbo y'igikombe cy'isi,muri Afurika azafatanya n'ibyamamare birimo Diamond we hatahuwe impamvu yabonye aya mahirwe.

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HwuE2N
via IFTTT

Umunyarwenya yavuze ukuntu yavunitse igitsina ari gutera akabariro bibabaza benshi

Umunyarwenya akaba n'umwanditsi w'ibitabo witwa Ross Asdourian ukomoka mu mujyi wa New York muri USA,yatangarije imwe mu mateleviziyo ko yavunitse igitsina ubwo yarimo atera akabariro n'umugore umurusha ubukure.

- Udushya

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HwxoZP
via IFTTT

Amafoto yaciye ibintu: Umunyamideli yatigishije imbuga nkoranyambaga ubwo yerekanaga ubwambure bwe [AMAFOTO]

Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo amafoto y'umunyamideli watigishije imbuga nkoranyambaga ubwo yerekanaga ubwambure bwe ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga za interinete , Kim Kardashian yashyize hanze ifoto ye yambaye ubusa ahantu hose.

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HXkLKG
via IFTTT