Wema Sepetu yavuze icyo asaba abantu bamushyingura

Wema Sepetu yasabye ko abantu bazamushyingura bazamushyiraho indabyo zifite ibara rya Pink ndetse asaba abantu bose ko bazaba bambaye neza baberewe.

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HJSynw
via IFTTT

Niyonkuru Radju yavuze ko ibyo ubuyobozi bwa Bugesera FC bwamushinje ari ibinyoma

Myugariro Niyonkuru Djuma uzwi nka Radju ukinira Bugesera FC yatangaje ko ibyo ubuyobozi bwa Bugesera FC bumushinja ko yasohotse aho abakinnyi baba nta ruhushya ahawe ndetse n'imyitwarire mibi ari ibinyoma byambaye ubusa.

- Imikino

from Umuryango.rw https://ift.tt/2Kr8EEj
via IFTTT

Umurinzi wa Museveni yatorokanye imbunda zirimo amasasu 120

Umwe mu basirikare ba Uganda bahawe imyitozo ihambaye ya gisirikare barinda Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatorotse inkambi ya gisirikare ya Kasenyi mu mugi wa Entebbe atorokana imbunda zirimo amasasu 120.

- Umutekano

from Umuryango.rw https://ift.tt/2Fxk3hY
via IFTTT

Umurinzi wa Museveni yatorokanye imbunda zirimo amasasu 120

Umwe mu basirikare ba Uganda bahawe imyitozo ihambaye ya gisirikare barinda Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatorotse inkambi ya gisirikare ya Kasenyi mu mugi wa Entebbe atorokana imbunda zirimo amasasu 120.

- Umutekano

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HHgvvx
via IFTTT

Ibyo Davido n’umukunzi we bakoze byatunguye benshi(AMAFOTO).

Umuhanzi Davido ukomeye muri Nigeria no ku mugabane w’Afurika yose muri rusange yakoze agashya maze ashyira ahagaragara amafoto ari gusomana n’umukunzi we mu buryo budasanzwe.

Ni amafoto yasakaye ku mbuga nkoranyambaga Davido ari gusoma n’umukobwa bakundana witwa Chioma Avril Rowland ndetse aya mafoto akaba yari aherekejwe n’amagambo y’urukundo yifuza uyu mukobwa isabukuru nziza y’amavuko.

Davido yagize:“Isabukuru nziza mukobwa muto! Uyu munsi ndetse n’ejo ntibisanzwe birahebuje”.



from YEGOB|Entertainment News https://ift.tt/2jlqRGO
via IFTTT