Inda zitateganyijwe ntabwo zigaragara mu bakobwa n' abasore gusa ahubwo n' abagore bubatse nabo batwara inda batateganyije. Ubushakashatsi buheruka bwagaragaje ko mu Rwanda ikigero cy' inda zitifujwe kiri kuri 47%. Impuguke mu bijyanye n' ubuzima bw' imyororokere n' uburenganzira bwa muntu Dr Aflodis Kagaba asanga Abanyarwanda bahinduye imyumvire na Leta y' u Rwanda ikaborohereza byagabanya ikigero cy' inda zitifujwe.
- Ubuzima / Umuryango_Highlights_In_Slidefrom Umuryango.rw https://ift.tt/2t6GBTj
via IFTTT
No comments:
Post a Comment