Buri twita rigomba kuba ryateguwe kandi birashoboka

Inda zitateganyijwe ntabwo zigaragara mu bakobwa n' abasore gusa ahubwo n' abagore bubatse nabo batwara inda batateganyije. Ubushakashatsi buheruka bwagaragaje ko mu Rwanda ikigero cy' inda zitifujwe kiri kuri 47%. Impuguke mu bijyanye n' ubuzima bw' imyororokere n' uburenganzira bwa muntu Dr Aflodis Kagaba asanga Abanyarwanda bahinduye imyumvire na Leta y' u Rwanda ikaborohereza byagabanya ikigero cy' inda zitifujwe.

- Ubuzima /

from Umuryango.rw https://ift.tt/2t6GBTj
via IFTTT

No comments:

Post a Comment