Weasel mu rukiko ashinjwa kunyereza amafaranga yari kuvuza Radio

Ku wa 01 Gashyantare,2018 nibwo umuhanzi Radio yitabye Imana azize inkoni yakubitiwe mu kabari n'abantu bataramenyekana kugeza ubu ariko Leta ya Uganda ikaba yamaze gufunga akabari uyu muhanzi yakubitiwemo.
Umuririmbyi Radio wari mu itsinda rya Good Life ibizamini by'abaganga bikaba byemejwe ko yakomeretse ku bwonko(yikibise kuri pavoma ubwi yageragezza kwitabara) ku bukuryo yaviriyemo imbere hari n'amakuru avuga ko abaganga bagerageje kumuvura ariko ko bitewe n'ibiyobyabwenge uyu muhanzi (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DVpR4Q
via IFTTT

No comments:

Post a Comment