Perezida wa Leta zunze ubumwe z' Amerika Donald Trump yabwiye umunyamakuru wo mu Bwongereza ko ubutumwa ashyira kuri Twitter abwandika arimo gufata ifunguro rya mu gitondo, arimo gufata irya saa sita ubundi akabwandika aryamye.
Trump ni umwe mu bantu bakoresha cyane urubuga rwa Twitter aho akurikirwa n' abantu miliyoni 4 n' ibihumbi 300.
Muri iki kiganiro yagiranye n' umunyamakuru Piers Morgan yashimangiye ko akunzwe cyane mu bwami bw' Ubwongereza nubwo hari amakuru avuga ko nasura igihugu cy' (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2GAGB38
via IFTTT
No comments:
Post a Comment