Abirabura baba muri Amerika biyemeje gufatanya na Afurika mu iterambere

Abirabura baba muri Leta Zunze ubumwe z' Amerika ntibemeranya na Perezida w' iki gihugu Donald Trump uherutse kuvuga ko Afurika ari umusarane, batangije ubukangurambaga bugamije imikoranire hagati yabo na bene wabo baba muri Afurika.
Umuryango The Fellowship Grobal ufatanyije n' umuryango Amahoro Human Respect batangirije ubu bukangurambaga bugamije guhuza abanyafurika baba muri Amerika na bagenzi babo bari muri Afurika ngo bafatanye ibikorwa bibateza imbere mu mugi wa Kigali.
Ni (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2oqvC59
via IFTTT

No comments:

Post a Comment