Mu nshamake y' uko Isi yiriwe kuri uyu 12 Kamena 2018 harimo ibyo Perezida wa US n' uwa Koreya ya Ruguru bemeranyije ubwo bahuraga bwa mbere mu mateka y' ibihugu byabo, Loni yababajwe n' umusirikare w' Umurundi wiciwe mu butumwa bw' amahoro. U Rwanda rwerekanye aho rugeze mu gushyira mu bikorwa imyanzuro ku burenganzira bwa muntu.
- Politiki / article_of_dayfrom Umuryango.rw https://ift.tt/2HJqL5C
via IFTTT
No comments:
Post a Comment