Senderi yandikiwe asabwa gukora indirimbo ivuga ku iyegura ry'abameya rimaze iminsi rivugwa mu Rwanda

Senderi International Hit uri mugahinda ko kuba yarongeye kwangirwa kwitabira irushanwa rya PGGSS ya 8 kubera ikibazo cy'imyaka, yandikiwe yibutswa ko Abanyarwanda bakumbuye kumva indirimbo ye nshya ndetse anasabwa gukora indirimbo ivuga ku iyegura ry'abameya rimaze iminsi rivugwa.
Umukobwa witwa Rwigamba Nadine uzwi nka Queen akaba n'umufana ukomeye w'umuhanzi Senderi Hit, yamwandikiye amwibutsa ko abakunzi b'indirimbo ze bazikumbuye anamusaba ko yabakorera iyitwa ‘This Is Rwanda'.
Mu butumwa (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2J57OzP
via IFTTT

No comments:

Post a Comment