Perezida Kagame yatangije ibikorwa by' uruganda rukora imodoka

Perezida w' u Rwanda Paul Kagame Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2018 yatangije mu Rwanda ku mugaragaro uruganda rwa Volkswagen rusanzwe rukorera mu gihugu cy'u Budage, avuga ko ari inkuru nziza kuri Afurika kandi ko bizatuma hakurwaho imyumvire y'uko muri uyu mugabane ari ho hatabwa ibyakoreshejwe n'abandi.

- Politiki

from Umuryango.rw https://ift.tt/2txvAuC
via IFTTT

No comments:

Post a Comment