Abantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha ibiyobyabwenge bitewe n' uko bakirwa iyo basubiye iwabo. Leta y' u Rwanda iki kibazo yaragihagurukiye inashyiraho amatsinda yo kugishakira umuti yiswe Tabara Mubyeyi(TAMU).
- Ubuzimafrom Umuryango.rw https://ift.tt/2sSu7yB
via IFTTT
No comments:
Post a Comment