Imitwe abakobwa b'ikigihe basigaye bakoresha kugira ngo babone amafaranga mu buryo bworoshye bayahawe n'abahungu cyangwa abagabo bimwe bizwi nko Gukura ibyinyo akenshi bigaragara cyane mu bakobwa bo mu mujyi wa Kigali aho usanga bamwe batanafite akazi cyangwa bakiri ku ntebe y'ishuri bafite ibikoresho bihenze nk'amaterefone cyangwa imyenda bahora bahinduranya kurusha abakorera amafaranga bizwi neza, ukibaza aho bakuye ubushobozi bwo kwigwizaho iyo mitungo ndetse n'ababyeyi babo ugasanga barayobewe aho abana babo bakura ubushobozi bwo kugura ibyo byose baba bafite bagahitamo kwinumira baka ruca bakarumira.
- Urukundofrom Umuryango.rw https://ift.tt/2sTXJvx
via IFTTT
No comments:
Post a Comment