Ubuhamya bw'umunyarwandakazi wagiye mu buraya afite imyaka 9 akaburambamo

Mukankuranga Jacqueline uzwi ku izina rya Mama Fabrice, ni umugore ubyaye karindwi ariko abana bariho ni batatu, ni umukirisito muri ADEPR, ku mudugudu wa Rubonobono, Paruwase ya Gatsata, ubu arashimira Imana ko yamukuye mu mwuga ugayitse w'uburaya yatangiye afite imyaka 9 y'amavuko.
Mu buhamya yahaye ikinyamakuru IBYISHIMO.COM, uyu mugore avuga ko ubwo yari afite imyaka 9 ari bwo yananiye ababyeyi be maze atangira kwigira ikirara no kwicuruza.
Gusa ngo kuko nyina umubyara yasengaga Imana, (...)

- Iyobokamana

from Umuryango.rw https://ift.tt/2IRanWo
via IFTTT

No comments:

Post a Comment