Dore inkomoko y'izina ‘Biryogo‘ agace karangwamo ubuzima buhendutse kubahatemberera

Biryogo iherereye mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Nyarugenge. Umuntu uvuye mu bice by'icyaro bitandukanye akerekeza mu mujyi wa Kigali, iyo awuvuyemo atageze i Nyamirambo usanga bamukiniraho ko nta mujyi yagezemo. Ikindi kandi uvuze ko uzi i Kigali ariko utazi i Nyamirambo abantu bashobora kuguseka kuko bamwe ntibabura no kuhita umurwa mukuru wa Kigali.

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2LN1j2s
via IFTTT

No comments:

Post a Comment