Mohamed Salah yatangaje byinshi kuri Ronaldo bazahanganira I Kiev

Kabuhariwe Mohamed Salah yatangaje ko ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League atazaba ahanganye na Cristiano Ronaldo nkuko bamwe babikeka,ahubwo azaba arajwe ishinga no kugira ngo Liverpool akinira ibashe kwegukana UEFA Champions League ku nshuro ya 6.

- Imikino

from Umuryango.rw https://ift.tt/2jtJPve
via IFTTT

No comments:

Post a Comment