Perezida w' u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2018 yakiriwe na mugenzi we w' u Bufaransa Emmanuel Macron bagirana ibiganiro aho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rushimishijwe no kuba rwatanga abayobozi nka Louise Mushikiwabo bakayobora Umuryango w' ibihugu bikoresha ururimi rw' Igifaransa.
- Politiki / Umuryango_Highlights_In_Slide, Big_Featured_Articlefrom Umuryango.rw https://ift.tt/2KOlHz3
via IFTTT
No comments:
Post a Comment