Mu nama yahuje umuyobozi wa FERWAFA n'abayobozi b'amakipe ku munsi w'ejo,yasize yemeje ko umukino w'ishyiraniro uhuza APR FC na Rayon Sports uzakinwa ku wa 16 Kamena 2018, ndetse amakipe afite ibirarane byinshi yabwiwe ko agomba kubikina vuba byihuse ndetse bemeza ko ku wa 01 Nyakanga aribwo shampiyona izarangira.
- Imikinofrom Umuryango.rw https://ift.tt/2KINErJ
via IFTTT
No comments:
Post a Comment