Byinshi ukwiye kumenya kuri Mamelodi Sundowns n'abakinnyi bayo Rayon Sports igomba kwitondera

Benshi mu banyarwanda by'umwihariko abafana b'ikipe ya Rayon Sports bategerezanyije amatsiko umukino ubanza wa CAF Champions League uzahuza ikipe yabon na Mamelodi Sundowns ndetse bari kwibaza byinshi kuri iyi kipe yaciye igikuba ubwo yageraga mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa Gatandatu. Mamelodi Sundowns yashyinzwe mu mwaka wa 1960 ikaba ituye mu mugi wa Pretoria, n'ikipe y'ubukombe muri Afurika y'Epfo ndetse no muri Afurika kuko yatwaye igikombe cya CAF Champions League muri 2016 ndetse itorwa (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FnYrsh
via IFTTT

No comments:

Post a Comment