Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo Andile Ramaphosa w'imyaka 36 umuhungu wa Perezida wa Afurika y'Epfo Cyril Ramaphosa yageze mugihugu cya Uganda aherekejwe n'abasaza bo mu muryango we, baje gukwa umukobwa witwa Bridget Birungi w'imyaka 37 usanzwe arererwa murugo rwo kwa Amama Mbabazi, aho bari baje bitwaje ishyo ry'inka zigera ku ijana baje gukwa uyu mukobwa.
Perezida wa Afurika y'Epfo Cyril Ramaphosa yageze i Kampala muri Uganda aherekejwe n'umubyeyi we ndetse n'abandi bantu 11 bo mu muryango (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2GCqEIz
via IFTTT
No comments:
Post a Comment