Mu nshamake y' uko Isi ya tariki 21 Gicurasi 2018 yiriwe harimo ko Amerika irimo gufatira Iran ibihano bitigeze bibaho mu mateka y' isi, Iran abantu barenga 800 bariye ibihumbyo barahumana. Ibindi ni uko u Rwanda rwashyize umukono ku masezerano abiri atandukanye, ahantu hatandukanye ariko yombi agamije iterambere rinyuranye.
- Mu mahangafrom Umuryango.rw https://ift.tt/2s0WWb0
via IFTTT
No comments:
Post a Comment