Young Grace yaba ari mu rukundo na Njuga nyuma y' igihe kirekire agaragaza ko akunda Yannick

Umuhanzikazi Young Grace yahakanye avugwa ko akundana n' umukinnyi wa filime Njuga .
Abayizera Marie Grace uzwi nka Young Grace yahakanye amakuru avugwa ko akundana na Ngabo Leo ubusanzwe ukina muri filime ya Seburikoko yitwa Njuga .
Bitewe n' amashusho Njuga yashyize kuri konte ye ya Instagram agaragaza aba bombi bari kumwe ahantu mu twatsi bicaye bahuje urugwiro, abantu batangiye kwibaza niba nta rukundo rudasanzwe ruri hagati yabo.
Hari n' abuririye kuri ayo mashusho bababwira ko (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2D7syz2
via IFTTT

No comments:

Post a Comment